Documente Academic
Documente Profesional
Documente Cultură
REPUBULIKA
PUBU
PUBULIKA
ULIKA YURWANDA
YURWAND
YURW
INTEKO
NTE
EKO NYARWANDA
NYARWANDA
YURURIMI NUMUCO
O
R
I
C
A
AG
G
N
A
D
IN
UCO
ZUM
ANDA
W
R
U
BAN
I
O
ISH
G
I
Y
AN
H
S
A
IMF
ZA
IJAMBO RYIBANZE
Nyuma yigihe kirekire Abanyarwanda bingeri zose bayifuza, Inteko
Nyarwanda yUrurimi nUmuco yashyizweho nItegeko Nshinga
rya Repubulika yu Rwanda ryo ku wa 4 Kamena 2003, nkuko
ryavuguruwe kugeza ubu, mu ngingo yaryo ya 50. Iyi ngingo yunganiwe
nItegeko No 01/2010 ryo ku wa 29/01/2010 rigena Inshingano,
Imiterere nImikorere byInteko Nyarwanda yUrurimi nUmuco.
Aya mategeko yombi yemeza uburenganzira bwumwenegihugu ku
biteza imbere umuco1 kandi agaha iyi Nteko inshingano rusange yo
kurengera no guteza imbere ururimi numuco2 byu Rwanda.
Zimwe mu nshingano zihariye zayo nkuko tuzisanga mu ngingo ya 5 yiri
tegeko No 01/2010:
i.
ii.
iii.
iv.
IBIRIMO
12
1.1. UMUCO
12
1.2. INDANGAGACIRO
14
1.3. IKIZIRA
15
1.4. INDINDAGACIRO
16
Mwana wanjye
UMUTWE WA KABIRI:
17
17
17
17
18
18
18
19
21
22
2.3.1. Umuryango
22
22
23
24
24
25
26
26
27
28
2.6.1. Ubupfura
28
28
31
31
32
33
2.8.1.
2.8.
1.
33
2.8.2.
2.8.
2.
34
36
36
39
39
40
3.3.
43
UMWANZURO
45
IBITABO
BITABO NINYANDIKO BYIFASHISHIJWE
46
KAGAME,
16
INTANGIRIRO
10
15
1.2. INDANGAGACIRO
14
11
1.1. UMUCO
12
Iyo witegereje ibi byose, usanga umuco ufite inshingano ebyiri zingenzi
mu iterambere ryIgihugu:
Kugira ngo Abanyarwanda bumve intera zitandukanye ziterambere
Indangagaciro zumuco wu Rwanda
13
UMUTWE WA KABIRI:
INDANGAGACIRO ZUMUCO WU RWANDA
24
17
Niragire,Ndagijimana;
f) Abanyarwanda bazi ko Imana itera inkunga ibikorwa byabantu:
Imana ifasha uwifashishe, Abagiye inama, Imana irabasanga,
Niyitanga, Manirafasha;
g) Abanyarwanda babuza uwo Imana yafashije kuba yakwishyira
hejuru: Uwo Imana ihaye irobe, agira ngo arusha abandi
guhinga, Ukwerewe nImana, agira ngo yakwerewe na se,
Mukeshimana.
c) Kubahana
Mu muryango, umugabo numugore bafite inshingano yo kubahana, ibyo
bigatuma barushaho kumvikana. Ubwubahane ni ukwemera ko abagize
umuryango bashobora kugira ibitekerezo bitandukanye ariko babihuza
bikaba imbarutso yiterambere. Abana ni ejo hazaza hIgihugu, bagomba
gukura batozwa kubaha ababyeyi, abakuru muri rusange, kwiyubaha bo
ubwabo, kubaha abo baruta nabo bangana.
d) Kugira ubwuzu nurugwiro
b) Umugisha nihirwe
Abanyarwanda bemera ko umugisha nihirwe biva ku Mana. Ibi kandi ni
nabyo bifurizanya bakanabisaba Imana.
c) Ubumuntu
Abanyarwanda bemera ko umuntu ari ikiremwa cyImana, ko imushyiramo
ubumuntu bigatuma yubaha abandi bantu hamwe nubuzima bwabo.
18
23
22
9 Ibiri muri iyi ngingo byavuye mu gatabo Intwari zu Rwanda kanditswe na Minisiteri
yUrubyiruko, Umuco na Siporo, Kigali, 2004, p. 11
Indangagaciro zumuco wu Rwanda
19
yangiza umuco
20
21
Gira so, gira umugabo, gira umugore, gira abana, gira iwanyu, gira aho
uvuka, urakabyara, urakabyara hungu na kobwa, urakabyara uhinguye,
gira inka, gira inka nabana, urakabyara ubyaje inka, gira umugisha,
urakagwira, utunge kandi utunganirwe, gira ishya nihirwe;
32
25
c) Kwiyitaho
g) Gushima no gushimira
Gushishoza
Kwanga umugayo
a) Amarangamutima
Kugira umutima uhagaze, gukuka umutima, kubunza imitima, umutima
usobetse amaganya ntusobanura amagambo, umutima wimfubyi
watanze umutwe kumera imvi, afite igikomere ku mutima, kugira umutima
hubu, ibyo bintu byamvuye ku mutima, gushyitsa umutima hamwe,
gusubiza umutima mu nda, kuvugana umutima, urampeka ku mutima,
reka kundya umutima, umutima wo kugukunda uri hafi nkirembo, uwo
kukwanga uri kure nkukwezi, nibindi.
b) Gushaka no kurarikira
Agatima kawe gahora kararikiye inzoga, icyo umutima ushaka amata
aguranwa itabi, afite agatima karehareha, akababaje umutima kazindura
amaguru, akananiye umutima ntiwirirwa ubanga ingata, nibindi.
26
31
d) Umutimanama
Umutima umwe uti oya undi uti yee; umutima muhanano ntiwuzura
igituza, kami ka muntu ni umutima we nibindi.
e) Imyitwarire nImyifatire
Umubaji wimitima ntiyayiringanije, nta muzindutsi wa cyane watashye
ku mutima wundi, nta mutindi ukira ubwo mu mutima, nibindi.
Ubumuntu nubuntu
e) Kwihangana
Abanyarwanda bagira bati: Imfura ishinjagira ishira. Intore ntiganya
ishaka ibisubizo. Imfura ikomeza umutima mu bizazane ihura na byo.
g) Gushira ubwoba
Uyu mukobwa afite umutima wa gitwari, gukomeza umutima.
Kudahemuka
30
f)
d) Ijambo ryiza
f)
c) Ubwenge
27
a) Ubumanzi
Iyo Abanyarwanda bavuga ko umuntu afite ubumanzi bisobanura
ko afite umutima ukomeye, udapfa guhungabanywa nicyo ari cyo
cyose.
Ubumanzi rero ni ubutwari bushingiye ku mutima.
b) Ubucuti
Abanyarwanda bashima ubucuti kuko buhuza abantu. Kandi ubucuti
bugashingira ku mutima ukunda bitari byanyirarureshwa. Ubwo
bucuti bukomezwa nibikorwa bigaragara biturutse ku mutima nko
gushyira hamwe, gusurana, gutabarana, gufashanya, gutwererana no
gushyingirana.
c) Ubwuzu
Abanyarwanda bashima umuntu ugira ubwuzu. Ubwuzu ni ibyishimo
byumutima umuntu yakirana abandi. Ibyo byishimo bigaragarira mu
binezaneza, mu nseko, mu kwakirana imbabazi, mu rukundo no mu
mwete ushyira mu kwakira ugusanze.
d) Ubuntu
Umuntu ugira ubuntu arangwa numutima wo gutanga nta nyungu
agamije.
10 Inteko Izirikana, Indangagaciro zingenzi mu muco wu Rwanda, agatabo ka mbere,Nzeli 2008 p.12.
28
29
c) Kuganura
Mu rwego rwumuryango mugari no mu gihugu hose, abantu bakoraga
umuhango wo gusangira umusaruro, bikaba ari ukwishimira ibyo
bagezeho bivuye mu maboko yabo kandi bafatanyije. Uwo muco mwiza
nubu uracyariho kandi ukwiye guhabwa agaciro.
2.8. GUKUNDA UMURIMO
2.8.1.
2.8.
1. Uko abanyarwanda baha agaciro umurimo
a)
40
33
2.8.2.
2.8.
2. Indangagaciro zifitanye isano no gukunda umurimo
Gukora neza bituma utunganyiriza abakugana, bikagaragazwa no
kutarangarana umuntu mu byo umugomba, kuzuza inshingano, gukorera
mu mucyo, kwihutisha akazi, kwakira neza abakugana, kugira uruhare
mu bikorwa byIgihugu no gukorera kuri gahunda.
a) Gushishikarira umurimo
Ukora umurimo akwiriye kuwukorana umwete, akawitaho, akihutira
kuwurangiza neza ntakuzarira.
Mu rwego rwo kwiteza imbere no
guteza Igihugu imbere, u Rwanda rwashyizeho icyerekezo kigaragaza
uko Abanyarwanda bagomba kuba bifashe mu mwaka wa 2020. Buri
munyarwanda agomba gukorera ku ntego kugira ngo agere kuri icyo
cyerekezo. Gukorera ku ntego bimufasha kujya yisuzuma akamenya
intambwe yateye, aho afite intege nke agashyiramo ingufu bishingiye ku
muhigo yihaye.
b)
34
39
Kwita ku bidukikije
e)
Kwiyubakamo ubushobozi
38
35
Ubumenyi bushya
b) Amatwara ya demokarasi
Ikoranabuhanga
Indimi zamahanga
byahinduye amatwara
g)
Gukoresha ifaranga
Gukoresha ifaranga byazanye uburyo bushya bwo guhahirana, kugura
ibintu no kugirana amasezerano. Ifaranga rero ryinjiye mu buzima
bwAbanyarwanda. Ni byiza kumenya kuyakorera ariko ntube imbata
36
37
41
42
47
IBITABO
BITABO NINYANDIKO BYIFASHISHIJWE
zingenzi
mu
muco
46
3.3.
43
UMWANZURO
Indangagaciro zumuco wu Rwanda zikubiye muri iki gitabo zizafasha
gukemura ikibazo cyimyumvire, imyitwarire no kunoza imikorere bya buri
Munyarwanda. Bizatuma aba koko umusemburo witerambere riramba
kandi riboneye ryimiyoborere myiza, ubutabera, ubukungu nimibereho
myiza, bityo Abanyarwanda biheshe agaciro.
Kubera ko umuryango ari wo shingiro kamere yimbaga yAbanyarwanda,
imibereho yabawugize igomba kurangwa nindangagaciro zubahiriza
ihame ryuburinganire nubwuzuzanye bwabagore nabagabo,
abakobwa nabahungu kandi abana bakigishwa indangagaciro zumuco
wu Rwanda kuva bakiri bato.
Byongeye kandi, ubushakashatsi bwagaragaje ko Abanyarwanda
bibyiciro byose, abato nabakuru, abayobora nabayoborwa, abize
nabatarize, abo mu mijyi nabo mu cyaro, abimpande zose zIgihugu
bahuriye kuri izi ndangagaciro.
Izi ndangagaciro zigomba gukwirakwizwa mu Gihugu hose ndetse no
hanze yacyo kugira ngo buri munyarwanda aho ari hose azigire ize
kandi zijye zimuyobora buri munsi.
Kugira ngo izo ndangagaciro zimakazwe, buri wese akwiye kugira
uruhare rwo gukumira no kwamagana ingeso mbi nimyitwarire igayitse
izibangamira, akubahiriza
kirazira zigomba gufatwa nkuruzitiro
ntarengwa rwo kurinda indangagaciro.
Mu kuzikwirakwiza, twashimangira uruhare rwababyeyi nabagisha,
umuryango mugari, ibitangazamakuru, abanyamadini ninzego
zubuyobozi zitandukanye, zaba iza Leta cyangwa izabikorera,
nimiryango itari iya Leta.
Kubahiriza indangagaciro bizubaka Abanyarwanda baharanira ishema
ryabo, bashaka impinduramatwara nziza kandi zihuta, bagamije
iterambere rirambye ryu Rwanda n imibereho myiza yabarutuye.
44
45