Sunteți pe pagina 1din 1

Kenn Munyeki, Umuyobozi Mukuru wa Ubumwe Grand Hotel

U Ubumwe Grand Hotel: Hoteli


bumwe Grand Hotel ni ho- ose ngo biterwa n’uje abagana.
teli nziza cyane yatangiye
Ibi nibyo bisobanurwa na Medi-
gukorera umwaka ushize

ifite ubwiza budasanzwe, ikaba


atrice Umulisa. Yagize ati “ Duteka
mu mujyi wa Kigali. Ni hoteli it-
ku buryo mpuzamahanga ariko
eye amatsiko kubera ubuhanga
ntitwirengagize n’uburyo bwo

irebero ry’umujyi wa Kigali


yubakanywe aho usanga ifite
mu gihugu ku buryo umukili-
‘bar’ ndetse n’ubwogero rusange
ya aza yisanga. Dufite uburiro
(Swimming pool) mu bushorishori
(restaurant ) 3 mu rwego rwo gu-
bwayo aho umuntu uriyo abasha
haza ukwifuza kw’abatugana ku
kwihera ijisho impande z’Umujyi
buryo bagenda bishimye.”
wa Kigali zose, ahumeka umutu-
zo. Ubumwe Grand Hotel,
irebero ry’umujyi wa
Kenn Munyeki, Umuyobozi Muku-
Kigali
ru w’iyi hoteli, afite uburambe mu
Umulisa avuga ko impamvu
kuyobora hoteli mpuzamahan-
abantu bakunda iyi hoteli ari nyin-
ga, afite ubwenegihugu bwo mu
shi. Zimwe muri zo ni ukuba ifite
gihugu cya Kenya ( kivugwamo
irebero (view) ry’umujyi wa Kigali
kugira impuguke mu birebana
yose. Ati “Niyo mpamvu abantu
n’amahoteli) yavuze ko iyi hoteli
bayikunda, hari umwuka uyungu-
ifite umwihariko wa serivisi nziza
ruye mwiza wo guhumeka.”
utasanga ahandi kubera abakozi
bafite uburambe n’ubushobozi Amahoro n’umutekano
mu kwakira neza ababagana. by’u Rwanda inkingi ya
mwamba ituma batera
Yabonye u Rwanda nk’Igihugu
imbere
cy’umutuzo. Yagize ati “ Ikintu kiza
Umulisa ashimangira ko amaho-
nabonye mu Rwanda ni ukuntu ari
ro n’umutekano u Rwanda rufite
igihugu cy’amahoro n’umutekano
aribyo bituma abanyamahanga
ugereranyije n’ibindi bihugu biri
iterambere igihugu kirimo Ubumwe Grand Hotel ishyize n’ibitumizwayo. baza ku bwinshi ndetse ngo baki-
mu muryango w’Afurika y’Ibur-
Mediatrice Umulisa, ushinzwe ku- imbere ibikorerwa mu ra inama mpuzamahanga nyinshi
asirazuba ndetse no muri Afurika Ni muri urwo rwego iyi hoteli ishyize
menyekanisha iyi hoteli yavuze ko iyi Rwanda , akazirikana ko byose babikesha
yo hagati. Ni igihugu gifite gahun- imbere ibikorerwa mu Rwanda, ba-
hoteli ijyanye n’icyerecyezo igihugu Made in Rwanda ni imwe mu nkingi imiyoborere myiza.
da, Kigali ifite ubwiza nyaburanga gura ibihakorerwa ari nako babikore-
kihaye mu iterambere. zitajegejega Guverinoma y’u Rwanda
kubera isuku. Najye, nishimiye sha, bagurira Abanyarwanda imitako, Arashishikariza
ishyize imbere, ngo ishakire igisubizo
gutanga umusanzu wanjye, kuko Ni muri urwo rwego iyi hoteli ifite ibiribwa n’ibindi. Abanyarwanda kujya
ibibazo byugarije ubukungu, cyane
icyo nifuza kuzana ni ubunyam- serivisi z’agashya zirimo bar iri mu basohoka
cyane ibiterwa n’icyuho kiboneka Ifite igikoni mpuzamahanga (cuisine
wuga bityo, bwiyongere ku muco bushorishori aho umuntu areba Yagize ati “ Turashishikariza Aban-
hagati y’ibyoherezwa mu mahanga international), n’igikoni gisanzwe. By-
mwiza Abanyarwanda bisangani- umujyi wa Kigali akumva arishimye yarwanda kujya basokoka, kuko
we wo kwita ku babagana neza.” kuko aba awitegeye neza mu kugeza ubu usanga umubare
mpande zawo zose, ifite ubwogero munini w’abatugana ari abanya-
Ku bwe, yibutsa Abanyarwanda
rusange mu bushorishori bwayo, if- mahanga.”
ko hari amahirwe menshi igihugu
ite ibyumba 153, ibyumba by’inama
cyabashyiriyeho nk’ amategeko Ni muri urwo rwego bashyizeho
6, harimo ishobora kwakira abantu
abarengera muri EAC abona ba- uburyo bwo gukurura Abanyar-
bagera kuri 300, inzu z’amacumbi
dakoresha uko bikwiye, akifuza wanda babagana babagabany-
(apartement) zigera kuri 19, itanga
ko bayabyaza umusaro, bigafasha iriza ibiciro. Umulisa arakomeza
imirimo ku banyarwanda basaga
urujya n’uruza rw’ubuhahirane “ Ibiciro biri hasi mu rwego rwo
150.
kuko abaturage bahawe uburen- korohereza Abanyarwanda ba-
ganzira n’inyungu zingana mu Iyo hoteli idasanzwe mu mujyi wa tugana kwidagadura. Ndabasa-
mikorere muri ibi bihu Kigali ngo ifite intego zo guteza im- ba guhindura imyumvire kuko
bere ubukerarugendo mu Rwanda, gusohoka bidasaba amafaranga
Ubumwe Grand Hotel yaje
gutanga akazi, kugira uruhare mu menshi.”
kunganira umuvuduko w’
gihugu itanga imisoro neza.

S-ar putea să vă placă și