Kenn Munyeki, Umuyobozi Mukuru wa Ubumwe Grand Hotel
U Ubumwe Grand Hotel: Hoteli
bumwe Grand Hotel ni ho- ose ngo biterwa n’uje abagana. teli nziza cyane yatangiye Ibi nibyo bisobanurwa na Medi- gukorera umwaka ushize
ifite ubwiza budasanzwe, ikaba
atrice Umulisa. Yagize ati “ Duteka mu mujyi wa Kigali. Ni hoteli it- ku buryo mpuzamahanga ariko eye amatsiko kubera ubuhanga ntitwirengagize n’uburyo bwo
irebero ry’umujyi wa Kigali
yubakanywe aho usanga ifite mu gihugu ku buryo umukili- ‘bar’ ndetse n’ubwogero rusange ya aza yisanga. Dufite uburiro (Swimming pool) mu bushorishori (restaurant ) 3 mu rwego rwo gu- bwayo aho umuntu uriyo abasha haza ukwifuza kw’abatugana ku kwihera ijisho impande z’Umujyi buryo bagenda bishimye.” wa Kigali zose, ahumeka umutu- zo. Ubumwe Grand Hotel, irebero ry’umujyi wa Kenn Munyeki, Umuyobozi Muku- Kigali ru w’iyi hoteli, afite uburambe mu Umulisa avuga ko impamvu kuyobora hoteli mpuzamahan- abantu bakunda iyi hoteli ari nyin- ga, afite ubwenegihugu bwo mu shi. Zimwe muri zo ni ukuba ifite gihugu cya Kenya ( kivugwamo irebero (view) ry’umujyi wa Kigali kugira impuguke mu birebana yose. Ati “Niyo mpamvu abantu n’amahoteli) yavuze ko iyi hoteli bayikunda, hari umwuka uyungu- ifite umwihariko wa serivisi nziza ruye mwiza wo guhumeka.” utasanga ahandi kubera abakozi bafite uburambe n’ubushobozi Amahoro n’umutekano mu kwakira neza ababagana. by’u Rwanda inkingi ya mwamba ituma batera Yabonye u Rwanda nk’Igihugu imbere cy’umutuzo. Yagize ati “ Ikintu kiza Umulisa ashimangira ko amaho- nabonye mu Rwanda ni ukuntu ari ro n’umutekano u Rwanda rufite igihugu cy’amahoro n’umutekano aribyo bituma abanyamahanga ugereranyije n’ibindi bihugu biri iterambere igihugu kirimo Ubumwe Grand Hotel ishyize n’ibitumizwayo. baza ku bwinshi ndetse ngo baki- mu muryango w’Afurika y’Ibur- Mediatrice Umulisa, ushinzwe ku- imbere ibikorerwa mu ra inama mpuzamahanga nyinshi asirazuba ndetse no muri Afurika Ni muri urwo rwego iyi hoteli ishyize menyekanisha iyi hoteli yavuze ko iyi Rwanda , akazirikana ko byose babikesha yo hagati. Ni igihugu gifite gahun- imbere ibikorerwa mu Rwanda, ba- hoteli ijyanye n’icyerecyezo igihugu Made in Rwanda ni imwe mu nkingi imiyoborere myiza. da, Kigali ifite ubwiza nyaburanga gura ibihakorerwa ari nako babikore- kihaye mu iterambere. zitajegejega Guverinoma y’u Rwanda kubera isuku. Najye, nishimiye sha, bagurira Abanyarwanda imitako, Arashishikariza ishyize imbere, ngo ishakire igisubizo gutanga umusanzu wanjye, kuko Ni muri urwo rwego iyi hoteli ifite ibiribwa n’ibindi. Abanyarwanda kujya ibibazo byugarije ubukungu, cyane icyo nifuza kuzana ni ubunyam- serivisi z’agashya zirimo bar iri mu basohoka cyane ibiterwa n’icyuho kiboneka Ifite igikoni mpuzamahanga (cuisine wuga bityo, bwiyongere ku muco bushorishori aho umuntu areba Yagize ati “ Turashishikariza Aban- hagati y’ibyoherezwa mu mahanga international), n’igikoni gisanzwe. By- mwiza Abanyarwanda bisangani- umujyi wa Kigali akumva arishimye yarwanda kujya basokoka, kuko we wo kwita ku babagana neza.” kuko aba awitegeye neza mu kugeza ubu usanga umubare mpande zawo zose, ifite ubwogero munini w’abatugana ari abanya- Ku bwe, yibutsa Abanyarwanda rusange mu bushorishori bwayo, if- mahanga.” ko hari amahirwe menshi igihugu ite ibyumba 153, ibyumba by’inama cyabashyiriyeho nk’ amategeko Ni muri urwo rwego bashyizeho 6, harimo ishobora kwakira abantu abarengera muri EAC abona ba- uburyo bwo gukurura Abanyar- bagera kuri 300, inzu z’amacumbi dakoresha uko bikwiye, akifuza wanda babagana babagabany- (apartement) zigera kuri 19, itanga ko bayabyaza umusaro, bigafasha iriza ibiciro. Umulisa arakomeza imirimo ku banyarwanda basaga urujya n’uruza rw’ubuhahirane “ Ibiciro biri hasi mu rwego rwo 150. kuko abaturage bahawe uburen- korohereza Abanyarwanda ba- ganzira n’inyungu zingana mu Iyo hoteli idasanzwe mu mujyi wa tugana kwidagadura. Ndabasa- mikorere muri ibi bihu Kigali ngo ifite intego zo guteza im- ba guhindura imyumvire kuko bere ubukerarugendo mu Rwanda, gusohoka bidasaba amafaranga Ubumwe Grand Hotel yaje gutanga akazi, kugira uruhare mu menshi.” kunganira umuvuduko w’ gihugu itanga imisoro neza.